Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Impunzi z’Abanye-Congo zagejeje ibibazo byazo kuri za Ambasade zikorera i Kigali
14/03/2024 - 14:49
Jean-François Ricard, Procureur Français visite l’ancien Zone Turquoise
14/03/2024 - 14:34
Nkunganire Leta yatangaga ku batega imodoka rusange yakuweho
14/03/2024 - 14:17
Sobanukirwa byinshi ku biciro bishya by’ingendo muri Kigali no mu Ntara
14/03/2024 - 14:06
Il n’y a pas d’avenir sans justice - François Ricard, Procureur Français au Mémorial de Gisozi
14/03/2024 - 13:48
Urugendo rw’ubuhanzi rwa Dr Bigirankana waririmbye ‘Nasezeye ku Rukundo’
11/03/2024 - 09:52
Kubaga umuntu bakamurya ni agahinda gakomeye - Impunzi z’Abanyekongo ziri ku Kigeme
9/03/2024 - 09:34
Uburyo Col Uwineza wo mu ngabo zirwanira mu kirere yinjiye mu Gisirikare
9/03/2024 - 09:06
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.