Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
First Lady attends Green Hills Academy Class of 2024 Graduation Ceremony
8/06/2024 - 22:06
12th Intake of Senior Officers from RDF, National Police & Allied Armed Forces Graduate
8/06/2024 - 21:59
President Kagame officiates the Graduation Ceremony of Africa Leadership University
8/06/2024 - 04:43
Batanu bakurikiranyweho kwiba telefone no gufata ku ngufu
7/06/2024 - 10:21
Harimo icyumba cya VAR : Stade Amahoro hasigaye kuyitaha
7/06/2024 - 09:58
Minisitiri Bizimana: Uko irondabwoko rya Leta ryimitswe n’Abakoloni na PARMEHUTU
7/06/2024 - 09:48
Babyeyi b’Intwaza, muri ishuri twigiraho ubudaheranwa tuvuga iteka
7/06/2024 - 09:26
Reba uko byari byifashe ubwo Perezida Paul Kagame yatangaga kandidature
17/05/2024 - 15:36
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.