Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Igerageza: Buri minota icumi bisi izajya ihaguruka muri gare
4/12/2025 - 07:08
Volleyball: Police yatsinze Kepler bigoranye amaseti 3-2
6/12/2025 - 12:09
Day 3 – Rwandan Epic 2025: Surf Pro Continues to Dominate
4/12/2025 - 07:01Iziheruka
Urugomero rwa Nyabarongo ya I, rutanga Mega Watt 28 z’amashanyarazi
12/03/2015 - 13:58
Icyumweru cya AERG/GAERG cyatangiriye i Rukumbeli
9/03/2015 - 17:33
Tiken Jah Fakoly ati: u Rwanda ni igihugu kidasanzwe
1/03/2015 - 12:45
MERGIMS mobile application, uburyo bufasha diaspora nyafurika kohereza amafaranga
21/02/2015 - 14:12
Uburyo abakundana bizihiza umunsi wa St.Valentin
13/02/2015 - 09:22
Nawe watsindira ibihumbi Ijana
12/02/2015 - 10:28
Tour of Rwanda 2014 at Kigali Today Ltd and KT Radio Headquaters
25/12/2014 - 18:06
Abatomboye bahawe ibihembo
24/12/2014 - 13:42
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.