Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
PAPSS: Abakiriya ba BK barimo guhererekanya amafaranga n’abandi Banyafurika nta kuvunjisha
27/02/2025 - 07:45
President Kagame: Taking ownership of our development isn’t something we can ask others to do for us
26/02/2025 - 11:46
Zambian Fintech started with $500 to build a Pan-African Bank that uses Artificial Intelligence
25/02/2025 - 17:11
Dutembere ku kirwa cya Nkombo hasigaye hari Hoteli isobanutse
22/02/2025 - 11:43
Shisha Kibondo: Abana n’ababyeyi bo ku Nkombo nabo ibageraho
21/02/2025 - 11:22
Umva impungenge z’Abasaza ku mashyuza ya Bugarama
19/02/2025 - 09:12
Abanyekongo bari bahungiye mu Rwanda basubiye iwabo
17/02/2025 - 17:05
Umva uko MINECOFIN na RRA basobanura iby’ivugurura ry’Imisoro n’Amahoro
12/02/2025 - 06:49
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.