Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Hatangijwe ubukangurambaga kuri gahunda ya NEP - Kora Wigire
28/10/2016 - 09:16
Bimwe mu byaranze amasiganwa ategura Tour du Rwanda 2016
27/10/2016 - 14:54
Rayon Sports yananiwe kwikura imbere ya Espoir FC, zinganya 0-0
24/10/2016 - 21:03
Umwami wa Maroc yasoje uruzinduko rwe mu Rwanda
23/10/2016 - 22:31
Ibihe by’ingenzi byaranze kwibuka nyakwigendera Gakwaya
21/10/2016 - 10:50
Umwami wa Maroc yunamiye inzirakarengane za Jenoside
21/10/2016 - 09:10
Perezida Kagame yakiriye Umwami Mohammed wa Maroc
20/10/2016 - 06:27
Uburyo Umwami Mohammed VI wa Maroc yakiriwe ku kibuga cy’indege
19/10/2016 - 06:53
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.