Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Abakuru b’ibihugu bya Afurika 21 ni bo bitabiriye umuhango w’irahira rya Perezida Kagame
19/08/2017 - 16:52
Urukerereza ryashimishije abitabiriye umuhango w’irahira rya Perezida Kagame
19/08/2017 - 16:45
Akarasisi k’ingabo kari mu byashimishije cyane abitabiriye irahira rya Perezida Kagame
19/08/2017 - 08:31
Umuhango w’irahira rya Perezida Paul Kagame
19/08/2017 - 08:24
Ijambo rya Perezida Paul Kagame mu muhango w’irahira rye
18/08/2017 - 19:39
Perezida Kagame yakiriye ku meza Perezida Abdel Fattah el-Sisi wa Misiri
16/08/2017 - 09:11
VIDEO: Uko byari byifashe ubwo Perezida wa Misiri yakirwaga na Perezida Kagame ku kibuga cy’indege
15/08/2017 - 16:58
Ku nshuro ya kane umukino w’inyabutatu "Triathlon" wahuruje imbaga muri Rubavu
14/08/2017 - 10:30
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.