Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Buri wese afite umugabane agomba gusubiza, ntitukabazwe umugabane w’Abandi – Perezida Kagame
11/12/2025 - 22:58
KT signed MoU with Rwanda Premier League as official media Partner for next two seasons
13/12/2025 - 12:24
Imanza ibihumbi 20 zakemutse binyuze mu buhuza mu myaka itatu ishize
10/12/2025 - 11:05Iziheruka
Umukandida wa FPR-Inkotanyi yakiriwe neza n’abaturage ba Nyabihu
27/07/2017 - 09:33
Umukandida wa Green Party Frank Habineza yakiriwe n’abaturage ba Kayonza na Rwamagana
26/07/2017 - 09:23
Umukandida wigenga Mpayimana Philippe yiyamamarije mu turere twa Ngororero na Muhanga
25/07/2017 - 20:43
"Umujyi wa Ngoma ugiye guhindura isura" - Umukandida wa FPR Inkotanyi
24/07/2017 - 13:25
Umukandida wa FPR-Inkotanyi yiyamamariza mu Karere ka Kirehe
24/07/2017 - 13:18
Umukandida wa Green Party Frank Habineza yiyamarije i Nyaruguru-Kibeho
24/07/2017 - 09:13
Uko byari bimeze ubwo umukandida wa FPR-Inkotanyi yiyamamarizaga mu Karere ka Rwamagana
23/07/2017 - 23:49
Mpayimana yiyamamarije mu Karere ka Kamonyi na Nyarugenge
23/07/2017 - 19:02
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.