Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Maranyundo Girls School yamuritse imfura zayo
5/11/2017 - 23:57
Madame Jeannette Kagame yifatanyije n’ubuyobozi bw’ishuri rya Maranyundo gutaha inyubako nshya yuzuye
5/11/2017 - 23:52
Mani Martin: Imyiteguro yo kumurika AFRO album
3/11/2017 - 19:16
Byinshi ku mupadiri w’umuraperi wa mbere mu Rwanda
2/11/2017 - 16:00
Abatuye Huye bishimiye Moto idasanzwe yurira imodoka, ikanasimbuka abantu
1/11/2017 - 10:45
Rally: Bimwe mu byaranze irushanwa memorial Gakwaya 2017
31/10/2017 - 13:03
Perezida Kagame yifatanije n’abaturage b’i Gahanga mu gikorwa cy’Umuganda ngarukakwezi
30/10/2017 - 13:02
Abafite indwara zidakira bashyiriweho gahunda y’abaganga babakurikiranira iwabo mu ngo
28/10/2017 - 16:49
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.