Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Buri wese afite umugabane agomba gusubiza, ntitukabazwe umugabane w’Abandi – Perezida Kagame
11/12/2025 - 22:58
KT signed MoU with Rwanda Premier League as official media Partner for next two seasons
13/12/2025 - 12:24
Imanza ibihumbi 20 zakemutse binyuze mu buhuza mu myaka itatu ishize
10/12/2025 - 11:05Iziheruka
Uko byari byifashe mu gitaramo "I Nyanza Twataramye"
27/08/2017 - 10:47
Umuhanzi Meddy yakiranywe urugwiro akigera ku kibuga cy’indege cya Kigali
26/08/2017 - 19:58
Udushya twaranze umutambagiro w’Umuganura mu mujyi wa Kigali! - Video
22/08/2017 - 12:53
Perezida Kagame n’umuryango we bagaragarije urugwiro abashyitsi bitabiriye umuhango wo kurahira
19/08/2017 - 17:01
Abakuru b’ibihugu bya Afurika 21 ni bo bitabiriye umuhango w’irahira rya Perezida Kagame
19/08/2017 - 16:52
Urukerereza ryashimishije abitabiriye umuhango w’irahira rya Perezida Kagame
19/08/2017 - 16:45
Akarasisi k’ingabo kari mu byashimishije cyane abitabiriye irahira rya Perezida Kagame
19/08/2017 - 08:31
Umuhango w’irahira rya Perezida Paul Kagame
19/08/2017 - 08:24
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.