Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Volleyball: Police yatsinze Kepler bigoranye amaseti 3-2
6/12/2025 - 12:09
Igerageza: Buri minota icumi bisi izajya ihaguruka muri gare
4/12/2025 - 07:08
Day 3 – Rwandan Epic 2025: Surf Pro Continues to Dominate
4/12/2025 - 07:01Iziheruka
Babaye Intwari: Uko abanyeshuri b’i Nyange banze kwitandukanya imbere y’abacengezi
18/03/2025 - 22:06
Perezida Kagame yihanangirije u Bubiligi kubera uko bwitwara mu ntambara ya Congo
16/03/2025 - 16:36
Igitaramo cy’Inka: Itorero Inyamibwa mu mbyino gakondo zinogeye amaso
16/03/2025 - 11:03
Tujyane ku ishuri rya Muzika ry’u Rwanda aharemerwa ibirangirire
14/03/2025 - 09:10
Irebere uko abagore bakataje mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro
12/03/2025 - 09:00
Dore uko bubatse ubuvumo bucukurwamo Coltan i Rwamagana
6/03/2025 - 09:38
Dutemberane mu Kirombe cya Rukaragata gicukura Coltan ikunzwe cyane ku isoko mpuzamahanga
5/03/2025 - 08:40
Amerika yohereje mu Rwanda Mbonyunkiza wari warakatiwe burundu n’Inkiko Gacaca
4/03/2025 - 23:42
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.