Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Dore udushya twaranze igitaramo cya Chorale de Kigali 2019
1/01/2020 - 18:45
Umwaka mushya wa 2020! Reba uko fireworks zaturikijwe i Nyamirambo, kuri KCC n’i Remera
1/01/2020 - 09:24
Kigali mu isura nshya, hizihizwa Noheli n’umwaka mushya wa 2020
24/12/2019 - 15:06
Uko Perezida Kagame abona ikibazo cyo kwimura abatuye mu bishanga
23/12/2019 - 18:47
#Umushyikirano2019: Izina ’Keza Nyiramajyambere’ ryabaye izingiro ry’ibiganiro
23/12/2019 - 18:21
Amarangamutima y’abanyamahanga bitabiriye Umushyikirano wa 2019 bwa mbere
21/12/2019 - 12:50
Kigali: Abatuye mu bishanga batangiye kwimurwa, inzu zabo zirasenywa
17/12/2019 - 20:36
Dore umwe mu bakobwa ba mbere mu gucuranga gitari mu Rwanda
17/12/2019 - 12:05
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.