Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Ingaruka za COVID-19 ku ngimbi n’abangavu
10/01/2022 - 12:40
Ikiganiro na Alain Mukurarinda, Umuvugizi wungirije wa Guverinoma
9/01/2022 - 14:17
Abantu 102 barimo n’abakina filime bafashwe barenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19
2/01/2022 - 13:33
Umurenge wa Bumbogo wahembwe imodoka kubera ubudasa mu kurwanya Covid-19
29/12/2021 - 00:42
Ingengabihe y’irushanwa rya Miss Rwanda 2022 yamenyekanye
24/12/2021 - 21:04
Abantu 16 bafashwe bakorera ibirori bitemewe mu rugo, bane muri bo bafite COVID-19
22/12/2021 - 21:40
Uwa mbere atsindiye Frw1,000,000 muri tombola ya Inzozi Lotto
21/12/2021 - 17:19
Kigali: Hatashywe irerero ryita ku bana mu gihe ababyeyi babo bari mu kazi
17/12/2021 - 17:07
jye ndabashimye cyane kuko bagira umutima wo gukunda kuko bageraho bakibuka n’abababaye bakisanisha nabo bituma batiheba kndi nkashima kigalitoday byumwihariko TITI ukorera iNyanza
Kigaki today ndabashimye aho tutari murahatubera menye uko byari bimeze muri salax award kuko ntashoboye kujyayo. Nishimiye cyane ko King James yabaye umuhanzi w’umwaka ibyo ni byo nta marangamutima yabaye uri musore yarabikoreye kandi yarakoze cyane. Ubu ibirori byose amakwe ni we cyane mu ndirimbo umugisha, narashize,... Nakomereze aho King turamukunda aririmba neza gusa akomeze discipline twari tumuziho ntazahinduke ngo ate umurongo ni umuntuw’umugabo.