Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Reba uko impunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zakiriwe
22/02/2024 - 14:15
Ihere ijisho ibirori byo gutangiza iserukiramuco ‘Kigali Triennial’
17/02/2024 - 20:27
Karimba Deo na Makanyaga banyuze abitabiriye igitaramo cyitiriwe Kaberuka na Marita
13/02/2024 - 07:36
Irebere uko byari byifashe mu gitaramo cyitiriwe Kaberuka na Marita
13/02/2024 - 07:27
Berekanye ubuhanga budasanzwe muri Karate
13/02/2024 - 06:51
Kayirebwa yishimiye guhura n’umukobwa wa Rujindiri
13/02/2024 - 06:22
NYIRINGANZO: Ngombwa wahimbye ‘Ziravumera’ ababajwe n’abakomeje kumwiba indirimbo
13/02/2024 - 06:05
CG (Rtd) Emmanuel Gasana yasubiye mu igororero nyuma y’uruhushya yari yahawe
8/02/2024 - 23:05
jye ndabashimye cyane kuko bagira umutima wo gukunda kuko bageraho bakibuka n’abababaye bakisanisha nabo bituma batiheba kndi nkashima kigalitoday byumwihariko TITI ukorera iNyanza
Kigaki today ndabashimye aho tutari murahatubera menye uko byari bimeze muri salax award kuko ntashoboye kujyayo. Nishimiye cyane ko King James yabaye umuhanzi w’umwaka ibyo ni byo nta marangamutima yabaye uri musore yarabikoreye kandi yarakoze cyane. Ubu ibirori byose amakwe ni we cyane mu ndirimbo umugisha, narashize,... Nakomereze aho King turamukunda aririmba neza gusa akomeze discipline twari tumuziho ntazahinduke ngo ate umurongo ni umuntuw’umugabo.