Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
WDA irashima ULK kubera guteza imbere imyuga
30/11/2017 - 15:40
Umuhanzi Bruce Melody yageze mu Bubiligi
30/11/2017 - 15:32
WDA igiye guhugura abakozi 500 b’uruganda Hema Garments
29/11/2017 - 14:25
Kuva mu w’1998-2017 Gacuriro Vocation Training Center imaze kwigisha imyuga abagera kuri 7005
29/11/2017 - 09:11
Ese abakina Skatting mu Rwanda bakoreshwa n’amagini?
28/11/2017 - 08:33
Dore impamvu nyayo yatumye Cobra yakira agakiza
22/11/2017 - 12:17
Perezida wa Estonia Madame Kaljulaid yasuye MINAGRI anasura ibikorwa by’ikoranabuhanga muri Telecom House
17/11/2017 - 17:06
Perezida wa Estonia yunamiye inzirakarengane zazize Jenoside yakorewe Abatutsi
16/11/2017 - 23:41
jye ndabashimye cyane kuko bagira umutima wo gukunda kuko bageraho bakibuka n’abababaye bakisanisha nabo bituma batiheba kndi nkashima kigalitoday byumwihariko TITI ukorera iNyanza
Kigaki today ndabashimye aho tutari murahatubera menye uko byari bimeze muri salax award kuko ntashoboye kujyayo. Nishimiye cyane ko King James yabaye umuhanzi w’umwaka ibyo ni byo nta marangamutima yabaye uri musore yarabikoreye kandi yarakoze cyane. Ubu ibirori byose amakwe ni we cyane mu ndirimbo umugisha, narashize,... Nakomereze aho King turamukunda aririmba neza gusa akomeze discipline twari tumuziho ntazahinduke ngo ate umurongo ni umuntuw’umugabo.