Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Ikiganiro n’umukobwa wa Agatha Uwiringiyimana nyuma yo kunamira umubyeyi we
1/02/2018 - 19:31
Areruya na bagenzi be bakiriwe mu buryo budasanzwe nyuma yo guhesha igihugu ishema
24/01/2018 - 08:35
Nyabihu TVET School iratangirana n’ umwaka w’amashuri wa 2018
23/01/2018 - 12:50
Diamond yatunguwe n’abana batabona bazi indirimbo ze
19/01/2018 - 22:46
Diamond Platnumz yasuye ikigo cy’abana batabona mu Rwanda
19/01/2018 - 22:40
Rulindo TVET School izigishirizwamo gucukura amabuye y’agaciro gusa
18/01/2018 - 08:56
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi bashya barimo n’uw’ubumwe bw’u Burayi
17/01/2018 - 08:28
Ibisubizo bidahwitse byatumye Divine w’Inyamirambo asezererwa muri Miss Rwanda 2018
16/01/2018 - 08:53
jye ndabashimye cyane kuko bagira umutima wo gukunda kuko bageraho bakibuka n’abababaye bakisanisha nabo bituma batiheba kndi nkashima kigalitoday byumwihariko TITI ukorera iNyanza
Kigaki today ndabashimye aho tutari murahatubera menye uko byari bimeze muri salax award kuko ntashoboye kujyayo. Nishimiye cyane ko King James yabaye umuhanzi w’umwaka ibyo ni byo nta marangamutima yabaye uri musore yarabikoreye kandi yarakoze cyane. Ubu ibirori byose amakwe ni we cyane mu ndirimbo umugisha, narashize,... Nakomereze aho King turamukunda aririmba neza gusa akomeze discipline twari tumuziho ntazahinduke ngo ate umurongo ni umuntuw’umugabo.