Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Minisitiri Kabarebe yahishuye ibanga ryo kwinjira mu ngabo za RDF
20/04/2018 - 22:16
Rwamagana: Uko ibikorwa bya RDF Citizen Outreach Programme byagenze
20/04/2018 - 22:12
Rayon Sports yaraje abanyakigali mu mihanda
20/04/2018 - 13:07
Umwamikazi w’u Bwongereza Elizabeth II yafunguye ku mugaragaro inama ya Commonwealth
19/04/2018 - 20:16
Perezida Kagame yitabiriye inama y’abakuru b’ibihugu na za Guverinoma bigize Commonwealth
18/04/2018 - 18:40
Ku myaka 18 ari kubica i Burayi nyuma yo kuzamukira muri Mukura VS
18/04/2018 - 13:02
Umva imishinga izafasha uyu mugabo kureka inzoga burundu
17/04/2018 - 14:56
Urushyi rwakubiswe perezida Mbonyumutwa 1959 rupfana iki na jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda?
15/04/2018 - 15:45
jye ndabashimye cyane kuko bagira umutima wo gukunda kuko bageraho bakibuka n’abababaye bakisanisha nabo bituma batiheba kndi nkashima kigalitoday byumwihariko TITI ukorera iNyanza
Kigaki today ndabashimye aho tutari murahatubera menye uko byari bimeze muri salax award kuko ntashoboye kujyayo. Nishimiye cyane ko King James yabaye umuhanzi w’umwaka ibyo ni byo nta marangamutima yabaye uri musore yarabikoreye kandi yarakoze cyane. Ubu ibirori byose amakwe ni we cyane mu ndirimbo umugisha, narashize,... Nakomereze aho King turamukunda aririmba neza gusa akomeze discipline twari tumuziho ntazahinduke ngo ate umurongo ni umuntuw’umugabo.