Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Minisitiri w’Ubutabera yageneye ubutumwa Abapolisi bato 2,319 binjiye mu kazi
22/11/2021 - 14:16
Navuganye na Polisi ku kibazo cy’umuvuduko wo mu muhanda - Kagame
22/11/2021 - 14:05
Dore abasora bahize abandi mu gutanga umusoro
22/11/2021 - 13:55
NYIRINGANZO: Amateka y’Umunyabugeni Bushayija Pascal waririmbye ‘Elina’
22/11/2021 - 13:37
Abagore 3 batawe muri yombi bakekwaho icyaha cyo gukoza isoni umuntu (Video)
17/11/2021 - 21:41
Uko abasoje amashuri yisumbuye bitwaye mu mibare ugereranyije na mbere ya COVID-19
17/11/2021 - 19:49
Dore 10 ba mbere mu bizamini bya Leta bisoza ayisumbuye
17/11/2021 - 19:21
Nahuje ababyeyi banjye bamaze imyaka 20 batandukanye - Ngarambe François
17/11/2021 - 19:06
Murakoze cyane ko mutumenyesha amakuru,iyi midugudu igenda yubakwa hose muri buri Karere biragaragarako Leta yahinduye ubuzima bw’abanyarwanda muburyo bushimishije,twe tuba mu mahanga tureba ibikorwa n’iterambere uko ryihuta nukuntu u Rwanda hose baba baruvuga neza tukishima,iyo tugenda hose tuba twumva dufite ishema kuko barwita ngo ni Singapore ya Africa kubera iterambere no kuzamura ubukungu muburyo budasanzwe kuko mucyegeranyo giheruka byagaragaye ko ubukungu bw’u Rwanda bwiyongera hejuru ya 8% buri mwaka bitoroshye ku igihugu cyivuye muri Genocide ,ikindi ni ukuntu President w’igihugu Kagame ashobora gusura abanyarwanda aho bari hose ku isi (Rwanda day) kdi bakaboneka,igikorwa ibindi bihugu byo ku isi byagerageje bikabananira bikagaragaza ubumwe n’ubufatanye abanyarwanda bafitanye buzatuma iterambere rikomeza kwihuta kurushaho, ni mukomerezaho turabakurikirana.