Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Kwirinda Covid19 bihagaze bite mu mashuri yasubukuye amasomo? Mineduc yakoze igenzura
3/11/2020 - 19:41
Ababyeyi bishimiye uburyo bushya bwo gutwara abanyeshuri
1/11/2020 - 15:19
Amateka ya data yanteraga ipfunwe - Patrick Kurumvune
1/11/2020 - 15:15
Ubunyarwanda busumba ibindi byose duhuriyeho - Jeannette Kagame
31/10/2020 - 20:13
Nyaruguru ku mwanya wa mbere mu mihigo. Mayor Habitegeko yahishuye ibanga
31/10/2020 - 19:20
Gusinya Imihigo: Dore uko abayobozi bahagurutse i Kigali berekeza Nyagatare
30/10/2020 - 16:17
Biratangaje: Fireman ngo yariye miliyoni 4Frws mu cyumweru kimwe
26/10/2020 - 15:33
Umucuruzi wa magendu yafatiwe mu cyuho ashaka guha Polisi ruswa ya Miliyoni
22/10/2020 - 23:50
Murakoze cyane ko mutumenyesha amakuru,iyi midugudu igenda yubakwa hose muri buri Karere biragaragarako Leta yahinduye ubuzima bw’abanyarwanda muburyo bushimishije,twe tuba mu mahanga tureba ibikorwa n’iterambere uko ryihuta nukuntu u Rwanda hose baba baruvuga neza tukishima,iyo tugenda hose tuba twumva dufite ishema kuko barwita ngo ni Singapore ya Africa kubera iterambere no kuzamura ubukungu muburyo budasanzwe kuko mucyegeranyo giheruka byagaragaye ko ubukungu bw’u Rwanda bwiyongera hejuru ya 8% buri mwaka bitoroshye ku igihugu cyivuye muri Genocide ,ikindi ni ukuntu President w’igihugu Kagame ashobora gusura abanyarwanda aho bari hose ku isi (Rwanda day) kdi bakaboneka,igikorwa ibindi bihugu byo ku isi byagerageje bikabananira bikagaragaza ubumwe n’ubufatanye abanyarwanda bafitanye buzatuma iterambere rikomeza kwihuta kurushaho, ni mukomerezaho turabakurikirana.