Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Dore amayeri bakoresha biba amafaranga kuri ‘Mobile Money’ z’abantu
17/07/2021 - 20:47
CP Kabera araburira abasaba impushya bashaka kurenga ku mabwiriza
17/07/2021 - 11:13
Kigali: Reba uko umunsi ubanziriza Guma mu Rugo wari umeze (Video)
17/07/2021 - 10:44
Gupima COVID-19 bigiye gukorerwa mu tugari
16/07/2021 - 16:28
Reba inyubako nshya ya Ambasade ya Qatar mu Rwanda (Video)
16/07/2021 - 16:05
Uko twahindura Uburezi umwuga ukunzwe kurushaho
14/07/2021 - 09:26
Bari mu maboko ya RIB bakekwaho kwiba ibikoresho biguze hafi Miliyoni 20 Frw
14/07/2021 - 08:10
Minisitiri Biruta na Rosemary Mbabazi baganirije Diaspora y’Urubyiruko Nyarwanda
14/07/2021 - 08:01
akanozasuku bazagakureho
Akanozasuku nsanga uwakazanye atari imbabazi cyangwa impuhwe z’ubuzima bwa rubanda yari agamije ahubwo ni Business. IMPAMVU: 1. Iyo ukambaye watutubikanye Casque n’ubundi icyuya cyawe kiyigeraho. 2. Nsanga ntaho ataniye nuwavuze guca ama sachets yo guhahiramo kandi tukaba tukigura ibintu bifunze muri zo. urugero: a. Nta shati wasanga mu iduka itari mu i sachet kimwe n’indi myenda. a. Iyo uguze isukari usanga imbere mu mufuka harimo i sachet. c. Hari reams z’impapuro ziza zifunitse mu i sachet. yewe ni byinshi umuntu yatangaho ingero. Rero nsanga yarihangiye umurimo wo gukora amballage z’ibipapuro (Usage unique)kuko amballage z’ama Sachets wayikoreshaga none ejo ukayimesa. UKO MBIBONA KU KANOZASUKU: Nibakore akantu byibura karemereyemo gake (Icyuya kidapfa kumena ngo kigere ku mwenda wa Casque, Kabe gashobora kumeswa kugira ngo gakoreshwe kenshi, gashirwe ahantu hose bityo umugenzi akigurire, igihe cyose akagendane nk’itegeko noneho natega moto abe agafite. Nibahagarika umumotari, umugenzi abe ariwe ukabazwa. Mwaba mwibuka induru zavuze igihe bategeka ko umugenzi yambara casque? kuki se byageze aho bigakunda? Nibadushakire akantu kenda kumera nka karya abadamu bashyira mu mutwe kugira ngo umusatsi wabo utajagarara.