Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Rwanda’s First Lady opens Commonwealth Women’s Forum
21/06/2022 - 23:35
Abakunda amafoto TECNO yabashyize igorora ibazanira Camon 19
19/06/2022 - 10:41
#CHOGM2022: Kwakira abashyitsi, umutekano, imyidagaduro, ingendo, byose biri ku murongo
19/06/2022 - 07:41
Ku bushotoranyi bwa DRC, u Rwanda rwahisemo inzira y’amahoro n’ibiganiro
18/06/2022 - 18:03
Winners in painting values of Commonwealth Competition rewarded
16/06/2022 - 14:31
First Lady presides over Green Hills Academy Graduation, Class 2022
12/06/2022 - 22:05
Kagame stresses the need to invest in universal, affordable broadband
5/06/2022 - 21:31
Impanuka ku kibuga cy’indege: Uko ubutabazi bukorwa (Umwitozo)
2/06/2022 - 22:35
akanozasuku bazagakureho
Akanozasuku nsanga uwakazanye atari imbabazi cyangwa impuhwe z’ubuzima bwa rubanda yari agamije ahubwo ni Business. IMPAMVU: 1. Iyo ukambaye watutubikanye Casque n’ubundi icyuya cyawe kiyigeraho. 2. Nsanga ntaho ataniye nuwavuze guca ama sachets yo guhahiramo kandi tukaba tukigura ibintu bifunze muri zo. urugero: a. Nta shati wasanga mu iduka itari mu i sachet kimwe n’indi myenda. a. Iyo uguze isukari usanga imbere mu mufuka harimo i sachet. c. Hari reams z’impapuro ziza zifunitse mu i sachet. yewe ni byinshi umuntu yatangaho ingero. Rero nsanga yarihangiye umurimo wo gukora amballage z’ibipapuro (Usage unique)kuko amballage z’ama Sachets wayikoreshaga none ejo ukayimesa. UKO MBIBONA KU KANOZASUKU: Nibakore akantu byibura karemereyemo gake (Icyuya kidapfa kumena ngo kigere ku mwenda wa Casque, Kabe gashobora kumeswa kugira ngo gakoreshwe kenshi, gashirwe ahantu hose bityo umugenzi akigurire, igihe cyose akagendane nk’itegeko noneho natega moto abe agafite. Nibahagarika umumotari, umugenzi abe ariwe ukabazwa. Mwaba mwibuka induru zavuze igihe bategeka ko umugenzi yambara casque? kuki se byageze aho bigakunda? Nibadushakire akantu kenda kumera nka karya abadamu bashyira mu mutwe kugira ngo umusatsi wabo utajagarara.