Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Africa Day of Information: Development Journalism Award 2025
8/11/2025 - 14:02
Volleyball: Police yihimuriye kuri REG iyitsinda amaseti 3-1
8/11/2025 - 10:42
17th Graduation Ceremony of INES Ruhengeri: 1,479 Graduates receive Bachelors and Masters Degrees
1/11/2025 - 11:45Iziheruka
ORINFOR yihariye ibihembo by’abanyamakuru bitwaye neza byatanzwe na RGB
2/12/2012 - 20:34Urban Boyz yamuritse Album bise"Batatu ku Rugamba"
27/11/2012 - 16:56Bwa mbere mu mateka, Dream Boyz yamuritse Album mu gitaramo kiri LIVE
12/11/2012 - 20:34EXPO y’imyuga, urubuga rwo kwerekana iterambere ry’ubumenyingiro mu Rwanda
9/11/2012 - 12:49Afite ubushobozi bwo kwigana uburyo inyamaswa n’inyoni zivuga!
6/11/2012 - 13:18KANYOMBYA yakoze ubukwe! Reba udushya twagaragayemo.
26/10/2012 - 07:42
akanozasuku bazagakureho
Akanozasuku nsanga uwakazanye atari imbabazi cyangwa impuhwe z’ubuzima bwa rubanda yari agamije ahubwo ni Business. IMPAMVU: 1. Iyo ukambaye watutubikanye Casque n’ubundi icyuya cyawe kiyigeraho. 2. Nsanga ntaho ataniye nuwavuze guca ama sachets yo guhahiramo kandi tukaba tukigura ibintu bifunze muri zo. urugero: a. Nta shati wasanga mu iduka itari mu i sachet kimwe n’indi myenda. a. Iyo uguze isukari usanga imbere mu mufuka harimo i sachet. c. Hari reams z’impapuro ziza zifunitse mu i sachet. yewe ni byinshi umuntu yatangaho ingero. Rero nsanga yarihangiye umurimo wo gukora amballage z’ibipapuro (Usage unique)kuko amballage z’ama Sachets wayikoreshaga none ejo ukayimesa. UKO MBIBONA KU KANOZASUKU: Nibakore akantu byibura karemereyemo gake (Icyuya kidapfa kumena ngo kigere ku mwenda wa Casque, Kabe gashobora kumeswa kugira ngo gakoreshwe kenshi, gashirwe ahantu hose bityo umugenzi akigurire, igihe cyose akagendane nk’itegeko noneho natega moto abe agafite. Nibahagarika umumotari, umugenzi abe ariwe ukabazwa. Mwaba mwibuka induru zavuze igihe bategeka ko umugenzi yambara casque? kuki se byageze aho bigakunda? Nibadushakire akantu kenda kumera nka karya abadamu bashyira mu mutwe kugira ngo umusatsi wabo utajagarara.