Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
MINADEF yamuritse inzu 32 zubatswe n’inkeragutabara
26/05/2017 - 19:39
IPRC Kigali na SNV bahuguye abakora ingomero nto z’amashanyarazi
25/05/2017 - 08:38
IPRC Kigali yahembye abanyeshuri batanu bahize abandi gukora imishinga myiza
23/05/2017 - 08:40
Bimwe mu byaranze ’Kigali International Peace Marathon’
21/05/2017 - 22:04
Gakwaya na Mugabo nibo begukanye Sprint Rally 2017
21/05/2017 - 21:55
Ibyishimo bidasanzwe ku bafana ba Rayon Sports nyuma yo kwegukana igikombe cya Shampiona
19/05/2017 - 11:53
Ibisonga bya Miss Geek bigiye kubyaza umusaruro Miriyoni 3 bahembwe
17/05/2017 - 09:57
Minisitiri w’intebe wa SAO TOME yageze mu Rwanda
9/05/2017 - 23:20
akanozasuku bazagakureho
Akanozasuku nsanga uwakazanye atari imbabazi cyangwa impuhwe z’ubuzima bwa rubanda yari agamije ahubwo ni Business. IMPAMVU: 1. Iyo ukambaye watutubikanye Casque n’ubundi icyuya cyawe kiyigeraho. 2. Nsanga ntaho ataniye nuwavuze guca ama sachets yo guhahiramo kandi tukaba tukigura ibintu bifunze muri zo. urugero: a. Nta shati wasanga mu iduka itari mu i sachet kimwe n’indi myenda. a. Iyo uguze isukari usanga imbere mu mufuka harimo i sachet. c. Hari reams z’impapuro ziza zifunitse mu i sachet. yewe ni byinshi umuntu yatangaho ingero. Rero nsanga yarihangiye umurimo wo gukora amballage z’ibipapuro (Usage unique)kuko amballage z’ama Sachets wayikoreshaga none ejo ukayimesa. UKO MBIBONA KU KANOZASUKU: Nibakore akantu byibura karemereyemo gake (Icyuya kidapfa kumena ngo kigere ku mwenda wa Casque, Kabe gashobora kumeswa kugira ngo gakoreshwe kenshi, gashirwe ahantu hose bityo umugenzi akigurire, igihe cyose akagendane nk’itegeko noneho natega moto abe agafite. Nibahagarika umumotari, umugenzi abe ariwe ukabazwa. Mwaba mwibuka induru zavuze igihe bategeka ko umugenzi yambara casque? kuki se byageze aho bigakunda? Nibadushakire akantu kenda kumera nka karya abadamu bashyira mu mutwe kugira ngo umusatsi wabo utajagarara.