Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
VIDEO: Perezida Kagame yaganiriye na Minisitiri w’intebe wa Canada
12/06/2018 - 09:27
Ishuri rikuru rya Gisirikare ryatanze impamyabumenyi
9/06/2018 - 09:59
Ihere ijisho ibikorwa by’ishuri rikuru ry’ingabo z’u Rwanda
8/06/2018 - 08:41
Uburaya bukabije bukorerwa mu gace ka korodori (Giporoso)
6/06/2018 - 16:45
Ellen DeGeneres yahuye na Perezida Kagame, anasura urwibutso rwa jenoside rwa Kigali
29/05/2018 - 15:38
VIDEO: Kuba Meya w’Umujyi ntibizatuma ncika ku muco natojwe nkiri muto - Rwakazina Marie Chantal
28/05/2018 - 15:21
Kwigisha umugore ni ukwigisha igihugu cyose - Nyanza Technical School
28/05/2018 - 12:54
VIDEO: Perezida Kagame yakiriwe na Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia mu ruzinduko rw’akazi
26/05/2018 - 09:52
akanozasuku bazagakureho
Akanozasuku nsanga uwakazanye atari imbabazi cyangwa impuhwe z’ubuzima bwa rubanda yari agamije ahubwo ni Business. IMPAMVU: 1. Iyo ukambaye watutubikanye Casque n’ubundi icyuya cyawe kiyigeraho. 2. Nsanga ntaho ataniye nuwavuze guca ama sachets yo guhahiramo kandi tukaba tukigura ibintu bifunze muri zo. urugero: a. Nta shati wasanga mu iduka itari mu i sachet kimwe n’indi myenda. a. Iyo uguze isukari usanga imbere mu mufuka harimo i sachet. c. Hari reams z’impapuro ziza zifunitse mu i sachet. yewe ni byinshi umuntu yatangaho ingero. Rero nsanga yarihangiye umurimo wo gukora amballage z’ibipapuro (Usage unique)kuko amballage z’ama Sachets wayikoreshaga none ejo ukayimesa. UKO MBIBONA KU KANOZASUKU: Nibakore akantu byibura karemereyemo gake (Icyuya kidapfa kumena ngo kigere ku mwenda wa Casque, Kabe gashobora kumeswa kugira ngo gakoreshwe kenshi, gashirwe ahantu hose bityo umugenzi akigurire, igihe cyose akagendane nk’itegeko noneho natega moto abe agafite. Nibahagarika umumotari, umugenzi abe ariwe ukabazwa. Mwaba mwibuka induru zavuze igihe bategeka ko umugenzi yambara casque? kuki se byageze aho bigakunda? Nibadushakire akantu kenda kumera nka karya abadamu bashyira mu mutwe kugira ngo umusatsi wabo utajagarara.