Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
VIDEO - Mpanda TVET School: Intambwe mu kongerera ubushobozi abakora umwuga w’ububaji
24/10/2018 - 08:22
VIDEO: Ubuvumbuzi bukorerwa mu mashuri ya TVET bugiye guca ubushomeri mu rubyiruko ’Jerome Gasana’
24/09/2018 - 08:53
VIDEO: Kabutare TVET bakoze ikizamini cyo kubaga igifu cy’ihene nzima ikomeza kubaho nta kibazo
21/09/2018 - 10:10
VIDEO: ’DJ Princess Flor’ Umunyarwandakazi umaze imyaka 9 ari umu DJ w’umwuga
12/09/2018 - 08:30
VIDEO: Perezida Kagame afite impungenge ku mahirwe ibihugu bigize EAC bitabyaza umusaruro
12/09/2018 - 08:24
VIDEO: BRD ihawe inguzanyo ya miliyoni 5 z’Amadolari
1/09/2018 - 08:40
VIDEO: Abakora ubukangurambaga ku mahoro bahawe impamyabushobozi
30/08/2018 - 11:51
VIDEO: Imyitozo ku kubungabunga amahoro yitezweho umusaruro ugaragara
30/08/2018 - 11:47
akanozasuku bazagakureho
Akanozasuku nsanga uwakazanye atari imbabazi cyangwa impuhwe z’ubuzima bwa rubanda yari agamije ahubwo ni Business. IMPAMVU: 1. Iyo ukambaye watutubikanye Casque n’ubundi icyuya cyawe kiyigeraho. 2. Nsanga ntaho ataniye nuwavuze guca ama sachets yo guhahiramo kandi tukaba tukigura ibintu bifunze muri zo. urugero: a. Nta shati wasanga mu iduka itari mu i sachet kimwe n’indi myenda. a. Iyo uguze isukari usanga imbere mu mufuka harimo i sachet. c. Hari reams z’impapuro ziza zifunitse mu i sachet. yewe ni byinshi umuntu yatangaho ingero. Rero nsanga yarihangiye umurimo wo gukora amballage z’ibipapuro (Usage unique)kuko amballage z’ama Sachets wayikoreshaga none ejo ukayimesa. UKO MBIBONA KU KANOZASUKU: Nibakore akantu byibura karemereyemo gake (Icyuya kidapfa kumena ngo kigere ku mwenda wa Casque, Kabe gashobora kumeswa kugira ngo gakoreshwe kenshi, gashirwe ahantu hose bityo umugenzi akigurire, igihe cyose akagendane nk’itegeko noneho natega moto abe agafite. Nibahagarika umumotari, umugenzi abe ariwe ukabazwa. Mwaba mwibuka induru zavuze igihe bategeka ko umugenzi yambara casque? kuki se byageze aho bigakunda? Nibadushakire akantu kenda kumera nka karya abadamu bashyira mu mutwe kugira ngo umusatsi wabo utajagarara.