Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Yozafina yubakiwe inzu izamara imyaka 500, iyumvire ibyishimo afite
10/02/2020 - 22:56
Intwari z’i Nyange: Abarokotse ibitero by’abacengezi baravuga uko byagenze
6/02/2020 - 17:36
Afurika na yo ishobora gukora Drones – Perezida Kagame
6/02/2020 - 17:06
Batuzana mu Rwanda twumvaga baje kuturoha mu Kivu: Ikirenga Frida umwe mu bari inyeshyamba za CNRD
5/02/2020 - 13:08
Nyarushishi: Babyariye mu Rwanda nyuma yo kwiruka mu mashyamba ya Congo bahunga FARDC
3/02/2020 - 09:47
Lt Col Kagemana wari ushinzwe gusengera ingabo za CNRD ntarumva uburyo yageze mu Rwanda
3/02/2020 - 09:36
Reba uko umuhango wo kwibuka Intwari z’u Rwanda wagenze
2/02/2020 - 22:55
Iyumvire ibya Gen Mberabahizi wororeraga Ingurube muri Congo afite icyizere cyo kuzafata u Rwanda
2/02/2020 - 15:43
akanozasuku bazagakureho
Akanozasuku nsanga uwakazanye atari imbabazi cyangwa impuhwe z’ubuzima bwa rubanda yari agamije ahubwo ni Business. IMPAMVU: 1. Iyo ukambaye watutubikanye Casque n’ubundi icyuya cyawe kiyigeraho. 2. Nsanga ntaho ataniye nuwavuze guca ama sachets yo guhahiramo kandi tukaba tukigura ibintu bifunze muri zo. urugero: a. Nta shati wasanga mu iduka itari mu i sachet kimwe n’indi myenda. a. Iyo uguze isukari usanga imbere mu mufuka harimo i sachet. c. Hari reams z’impapuro ziza zifunitse mu i sachet. yewe ni byinshi umuntu yatangaho ingero. Rero nsanga yarihangiye umurimo wo gukora amballage z’ibipapuro (Usage unique)kuko amballage z’ama Sachets wayikoreshaga none ejo ukayimesa. UKO MBIBONA KU KANOZASUKU: Nibakore akantu byibura karemereyemo gake (Icyuya kidapfa kumena ngo kigere ku mwenda wa Casque, Kabe gashobora kumeswa kugira ngo gakoreshwe kenshi, gashirwe ahantu hose bityo umugenzi akigurire, igihe cyose akagendane nk’itegeko noneho natega moto abe agafite. Nibahagarika umumotari, umugenzi abe ariwe ukabazwa. Mwaba mwibuka induru zavuze igihe bategeka ko umugenzi yambara casque? kuki se byageze aho bigakunda? Nibadushakire akantu kenda kumera nka karya abadamu bashyira mu mutwe kugira ngo umusatsi wabo utajagarara.