Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Ishusho ya Biryogo - Nyamirambo mu gihe cya #GumaMuRugo
23/04/2020 - 11:31
#Kwibuka26: Disi Dieudonné mu nzira y’umusaraba yo kurokoka Jenoside, akajya kwifatanya n’Inkotanyi
22/04/2020 - 16:48
Huye-Karama: Abatutsi bahanganye n’Interahamwe bituma abasaga 8000 barokoka
22/04/2020 - 14:42
#Kwibuka26: Nyuma yo kurokoka Jenoside, menya icyamufashije kuvamo umukinnyi ukomeye w’Amagare
22/04/2020 - 14:34
#Kwibuka26: Rwari urugamba rukomeye, Maitre SINZI arokora Abatutsi 118 yifashishije Karate
19/04/2020 - 17:45
#Kwibuka26: Uruhare rwa Francois Miterrand muri Jenoside yakorewe Abatutsi
19/04/2020 - 17:30
USA: Abanyarwanda batuye muri Indiana babayeho bate muri ibi bihe bya COVID-19?
16/04/2020 - 17:18
Inzira y’umusaraba Murangwa wamamaye muri Rayon Sports yanyuzemo arokoka Jenoside
16/04/2020 - 17:10
akanozasuku bazagakureho
Akanozasuku nsanga uwakazanye atari imbabazi cyangwa impuhwe z’ubuzima bwa rubanda yari agamije ahubwo ni Business. IMPAMVU: 1. Iyo ukambaye watutubikanye Casque n’ubundi icyuya cyawe kiyigeraho. 2. Nsanga ntaho ataniye nuwavuze guca ama sachets yo guhahiramo kandi tukaba tukigura ibintu bifunze muri zo. urugero: a. Nta shati wasanga mu iduka itari mu i sachet kimwe n’indi myenda. a. Iyo uguze isukari usanga imbere mu mufuka harimo i sachet. c. Hari reams z’impapuro ziza zifunitse mu i sachet. yewe ni byinshi umuntu yatangaho ingero. Rero nsanga yarihangiye umurimo wo gukora amballage z’ibipapuro (Usage unique)kuko amballage z’ama Sachets wayikoreshaga none ejo ukayimesa. UKO MBIBONA KU KANOZASUKU: Nibakore akantu byibura karemereyemo gake (Icyuya kidapfa kumena ngo kigere ku mwenda wa Casque, Kabe gashobora kumeswa kugira ngo gakoreshwe kenshi, gashirwe ahantu hose bityo umugenzi akigurire, igihe cyose akagendane nk’itegeko noneho natega moto abe agafite. Nibahagarika umumotari, umugenzi abe ariwe ukabazwa. Mwaba mwibuka induru zavuze igihe bategeka ko umugenzi yambara casque? kuki se byageze aho bigakunda? Nibadushakire akantu kenda kumera nka karya abadamu bashyira mu mutwe kugira ngo umusatsi wabo utajagarara.