Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Yatewe ishema no gushushanya Perezida Paul Kagame ateruye umwuzukuru we
24/11/2020 - 15:24
Umuyobozi wa RIB yavuze ku bantu baburirwa irengero mu Rwanda
24/11/2020 - 15:14
Dore Umukobwa mwiza, ugororotse by’agatangaza
20/11/2020 - 11:38
Urusobe rw’ibibazo by’abanyeshuri bo muri Kaminuza y’u Rwanda rwahawe umurongo w’ibisubizo birambye
17/11/2020 - 10:57
Uwacuruzaga magendu n’abari barajujubije abaturage bafashwe
17/11/2020 - 10:53
Akazi k’ubudepite no gukora umuziki: Ikiganiro na Hon. Uwumukiza
15/11/2020 - 11:24
Biratangaje: Yiyigishije gukina ’Skating’, abitoza umugore n’abana
12/11/2020 - 10:23
Bimaze iki gucisha Shampiyona y’u Rwanda kuri Televiziyo y’Igihugu ?
6/11/2020 - 15:34
akanozasuku bazagakureho
Akanozasuku nsanga uwakazanye atari imbabazi cyangwa impuhwe z’ubuzima bwa rubanda yari agamije ahubwo ni Business. IMPAMVU: 1. Iyo ukambaye watutubikanye Casque n’ubundi icyuya cyawe kiyigeraho. 2. Nsanga ntaho ataniye nuwavuze guca ama sachets yo guhahiramo kandi tukaba tukigura ibintu bifunze muri zo. urugero: a. Nta shati wasanga mu iduka itari mu i sachet kimwe n’indi myenda. a. Iyo uguze isukari usanga imbere mu mufuka harimo i sachet. c. Hari reams z’impapuro ziza zifunitse mu i sachet. yewe ni byinshi umuntu yatangaho ingero. Rero nsanga yarihangiye umurimo wo gukora amballage z’ibipapuro (Usage unique)kuko amballage z’ama Sachets wayikoreshaga none ejo ukayimesa. UKO MBIBONA KU KANOZASUKU: Nibakore akantu byibura karemereyemo gake (Icyuya kidapfa kumena ngo kigere ku mwenda wa Casque, Kabe gashobora kumeswa kugira ngo gakoreshwe kenshi, gashirwe ahantu hose bityo umugenzi akigurire, igihe cyose akagendane nk’itegeko noneho natega moto abe agafite. Nibahagarika umumotari, umugenzi abe ariwe ukabazwa. Mwaba mwibuka induru zavuze igihe bategeka ko umugenzi yambara casque? kuki se byageze aho bigakunda? Nibadushakire akantu kenda kumera nka karya abadamu bashyira mu mutwe kugira ngo umusatsi wabo utajagarara.