Ibitekerezo ( 26 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Twaje kugaragaza akarengane n’umubabaro wacu - Impunzi z’Abanyekongo
8/01/2026 - 11:21
Ali Kiba na Kevin Kade basusurukije abitabiriye igitaramo The Last Nihgt
1/01/2026 - 07:37
Ubucucike mu Mashuri, Guhohotera abangavu, Inkende zonera Abaturage - Ibiri muri raporo y’Abadepite
30/12/2025 - 00:06Iziheruka
Twaje kugaragaza akarengane n’umubabaro wacu - Impunzi z’Abanyekongo
8/01/2026 - 11:21
Ali Kiba na Kevin Kade basusurukije abitabiriye igitaramo The Last Nihgt
1/01/2026 - 07:37
Ubucucike mu Mashuri, Guhohotera abangavu, Inkende zonera Abaturage - Ibiri muri raporo y’Abadepite
30/12/2025 - 00:06
Irebere uko Perezida Kagame na Infantino batangije FIFA Football Festival
26/12/2025 - 16:58
Polisi y’u Rwanda yahaye abana impano za Noheli
25/12/2025 - 14:06
Ese ni bande bakwiye kwizihiza Noheli? Padiri Polycarpe Nzayisenga arabisobanura
25/12/2025 - 13:57
Ihere ijisho uko ibirori bya Noheli byari bishyushye kuri Kigali Convention Center
25/12/2025 - 10:27
Polisi yijeje Abanyarwanda umutekano usesuye mu minsi mikuru
24/12/2025 - 13:21
Natwe Tubifurije urugo ruhire
Ibi bintu byakozwe n’Imana yo ishobora byose.Ariko nabonye n’abandi bagomba kuba ari impanga bari babatahiye ubukwe.Hari abakobwa 2 b’inzobe (n’ubwo 1 yagezaho akambara lunette), hakaba abana 2 bari bicaye imbere, ndetse n’abandi bakobwa 2 babaririmbiye. Byari byiza cyane kandi Imana ibishimirwe. P.S.Ntabyera ngo de!Uyu munyamakuru wanditse umutwe w’iyi nkuru akwiye amahugurwa ku myandikire y’ururimi rw’i Kinyarwanda.Umuntu koko w’umunyamakuru ntazi aho inyuguti nkuru ikoreshwa?!Birababaje.Ariko niba uri mubize muri ibi bihe, umuntu yapfa kukumva.
Urugo ruhire nukuri nibyuiza Imana izabibafashemo bakomeze umutima mwiza no kwiyubaka.