Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Jeannette Kagame yahembye abana ba bakobwa batsinze neza kurusha abandi
30/03/2017 - 12:45
Ishuri rikuru ry’imyuga rya IPRC South ryatanze impamyabumenyi ku nshuro ya mbere
30/03/2017 - 12:43
Yarokoye umwana w’amezi 3 muri jenoside, aramwonsa ubu ageze muri kaminuza
26/03/2017 - 15:44
Ibihe by’ingenzi byaranze uruzinduko rwa Perezida wa Banki y’isi mu Rwanda
24/03/2017 - 00:55
Abanyeshuri bakiga amasomo ya muzika bataramiye bakuru babo bahawe impamyabushobozi
23/03/2017 - 13:43
No Comment!
23/03/2017 - 13:33
Ambasaderi w’u Rwanda i Vatican arasobanura byinshi ku biganiro byahuje Perezida Kagame na Papa Francis
22/03/2017 - 12:15
AERG/GAERG yasubiye gusura abo yubakiye
22/03/2017 - 09:59
Mubyukuri intumbero mugire ninziza ark ubu ndibizoroha ko ruswa icika, ndabivuga nshingiyeko Hari umuntu muri Murambi sector karongi district uzimiza abantu (nka murumuna wanjye yaramwishe haboneka nabamushinja ark ntiyigeze abibazwa baramufashe mukanya nkako guhumbya aba yagarutse. Hari nabandi Bantu bagiye bapfa Kandi ukoze iperereza wasanga haraho ahuriye nizopfu.
Gusa byumvihari nkamwe mushinzwe kurwanya ruswa na karengane mwazakurikirana imiburanishirize y’urubanza rwa Nyakwigendera Ntezimana Eduord Ku rukiko RWA Gashari. Bigaragarako harimo ruswa
Tubaye tubashimiye uko mwakiriye igitekerezo cyacu