Ibitekerezo ( 4 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Hari abagikorera siporo mu muhanda mu gihe dusabwa kuguma mu rugo
27/03/2020 - 23:48
Prof Shyaka: Abanyamakuru birinde kwishyira hejuru y’itegeko
26/03/2020 - 19:32
Ntibikwiye ko Umunyarwanda yandura Coronavirus ahererekanya n’undi amafaranga, BNR yarabikemuye
26/03/2020 - 19:14
Abo Umusatsi wereyeho bihangane bazaba biyogoshesha - Prof Shyaka
25/03/2020 - 21:02
Prof Shyaka : Kunywa inzoga no kuzicuruza ntibyahagaritswe, hahagaritswe utubari
25/03/2020 - 19:39
Reba Kigali nyuma yo gufunga kubera Coronavirus
25/03/2020 - 18:44
Isheja Sandrine: Babyeyi murinde abana kuva mu rugo muri iki gihe cya Covid-19
24/03/2020 - 21:08
Arthur Rutura : Amakuru yizewe kuri Covid-19 ni aya MINISANTE
24/03/2020 - 20:37
Nukorero bagira ikuru nzipee ahha murakonze gutugezaho ayamakuru peee igitekerezo mumbabarire rero nka yamakuru ntago mwe gabanya umurengo
mubyukuri reka tuge tuvuga ibintu bitagenda neza kugirango tubikosore twese hamwe sibyo indirimbo nyarwanda zizatera imbere ryati niba abahanzi bose bagikoresha ururimi rumwe gusa kdi twibuke ko ikinyarda kitumvikana hanze yu rda yewe nibihugu bidukikije ibyumva ururumi rwacu nibike duhindure ni badushaka gutera imbere.
Wagizengo ni iyo ngeso abahanzi bacu bahuje gusa se?
Hari n’indi yo kubyina basimbuka ndetse no mu ndirimbo zituje!!!
Ariko da, icyangombwa ni ugushimisha aba fans,niba gusimbuka aribyo bibasusurutsa,reka bajye basimbuka!!!