Ibitekerezo ( 20 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Ali Kiba na Kevin Kade basusurukije abitabiriye igitaramo The Last Nihgt
1/01/2026 - 07:37
Ubucucike mu Mashuri, Guhohotera abangavu, Inkende zonera Abaturage - Ibiri muri raporo y’Abadepite
30/12/2025 - 00:06
Irebere uko Perezida Kagame na Infantino batangije FIFA Football Festival
26/12/2025 - 16:58Iziheruka
Ali Kiba na Kevin Kade basusurukije abitabiriye igitaramo The Last Nihgt
1/01/2026 - 07:37
Ubucucike mu Mashuri, Guhohotera abangavu, Inkende zonera Abaturage - Ibiri muri raporo y’Abadepite
30/12/2025 - 00:06
Irebere uko Perezida Kagame na Infantino batangije FIFA Football Festival
26/12/2025 - 16:58
Polisi y’u Rwanda yahaye abana impano za Noheli
25/12/2025 - 14:06
Ese ni bande bakwiye kwizihiza Noheli? Padiri Polycarpe Nzayisenga arabisobanura
25/12/2025 - 13:57
Ihere ijisho uko ibirori bya Noheli byari bishyushye kuri Kigali Convention Center
25/12/2025 - 10:27
Polisi yijeje Abanyarwanda umutekano usesuye mu minsi mikuru
24/12/2025 - 13:21
Iyumvire icyo Knowless avuga ku kuba yaragabiwe na Perezida Kagame
24/12/2025 - 07:22
Umva mbabwire niba koko Bralirwa ishaka kuzamura umuuziki mu Rwanda nishyireho ishuri rya muzika. Music-Drama- Dance muri Kaminuza ishaka ibishoboye. Naho ubundi ibyo mbonye aha ndumiwe. Mbega amajwi mabi, mbega imicurangire, mbega imiririmbire, mbega indirimbo zidashinga, mbega imibyinire, mbega scenes zidafashije, mbega pas zidashinga.... umva nimusabe ishuri ibindi mubijyane buke buke.
aba bantu bose bafite igitero bahuriraho muri buri ndirimbo cyitwa" amaboko hejuru" mutekereza ko mukoze indirimbo nziza abantu batava hasi bagakora ibyo mubasaba ku ngufu? nta kintu cyavana abantu hasi gihari.
Ariko iyo urebye mu Rwanda ubona ko nta buhanga buhari rwose. Uwabona Urukerereza nta bindi byiza u Rwanda rugira.ibindi ni bimwe Rugamba yita " guhanukira"