Ibitekerezo ( 10 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Uko ibiganiro hagati y’u Rwanda n’u Burundi ku mupaka wa Nemba byagenze
20/10/2020 - 17:16
Abarundi n’Abanyarwanda turaziranye, ibibazo byacu turabyikemurira - Minisitiri Shingiro
20/10/2020 - 16:10
Twasuye Senateri mushya Kanziza Epiphanie. Yategaga moto ajya ku kazi
18/10/2020 - 18:09
Ikibazo cy’umunuko uturuka mu kimoteri cya Nduba cyavugutiwe umuti
13/10/2020 - 19:41
Uko abakekwaho ubutekamutwe barimo umupolisi bamuriye arenga miliyoni
13/10/2020 - 19:34
Polisi yerekanye abajura bari barajujubije abacuruza lisansi bibisha intwaro gakondo
9/10/2020 - 11:54
MINEDUC si yo igenera Kaminuza amatariki yo gutangira, iyiteguye yatangira kwigisha - Dr Uwamariya
8/10/2020 - 10:28
Batanu bakekwaho kwica umuntu bafashwe. Uko bamwishe barabisobanura
7/10/2020 - 14:54
Ndasaba nimero twahamaraho ikadufasha
Muraho neza twabasaba nimero twahamagara umuntu ajyize akarengane
mfite ikibazo cy ubutaka buherereye mu karere ka karongi.
ni ubutaka bw umurage twabusize duhunze mu1973 tugarutse dusanga bwatujwemo abandi baturage kdi abo baturage biyemerera ko ari ubwacu arko bakaba bara buhawe na leta none nagiraga ngo mumfashe munsobaanurire nagiye kububurana basaba abaturage ko twagabana ntibakwemera, none ubwo nasabaga uburyo narenganurwa najye nkasubizwa gakondo.murakoze mugihe nkitegereje ubufasha