Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Minisitiri w’Ubutabera yageneye ubutumwa Abapolisi bato 2,319 binjiye mu kazi
22/11/2021 - 14:16
Navuganye na Polisi ku kibazo cy’umuvuduko wo mu muhanda - Kagame
22/11/2021 - 14:05
Dore abasora bahize abandi mu gutanga umusoro
22/11/2021 - 13:55
NYIRINGANZO: Amateka y’Umunyabugeni Bushayija Pascal waririmbye ‘Elina’
22/11/2021 - 13:37
Abagore 3 batawe muri yombi bakekwaho icyaha cyo gukoza isoni umuntu (Video)
17/11/2021 - 21:41
Uko abasoje amashuri yisumbuye bitwaye mu mibare ugereranyije na mbere ya COVID-19
17/11/2021 - 19:49
Dore 10 ba mbere mu bizamini bya Leta bisoza ayisumbuye
17/11/2021 - 19:21
Nahuje ababyeyi banjye bamaze imyaka 20 batandukanye - Ngarambe François
17/11/2021 - 19:06
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.