Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Leta yahaye ibiribwa abatujwe mu Busanza
29/09/2022 - 19:49
Artist Stonebwoy reveals secret behind his new song ’Gidigba’
29/09/2022 - 19:30
Umutekano w’umunyeshuri mu burezi bwifashisha ikoranabuhanga
29/09/2022 - 19:12
Cabo Delgado: Uburyo RDF yabohoje Umujyi wa Mocimboa da Praia
29/09/2022 - 09:50
Twasuye Cabo Delgado: Abaturage barashima Ingabo na Polisi by’u Rwanda
28/09/2022 - 22:10
Abasoza amashuri abanza batsinze neza kurusha umwaka ushize
28/09/2022 - 07:41
Patel Karan yegukanye isiganwa ry’imodoka ryaberaga mu Rwanda: Reba ibyaranze agace ka nyuma
26/09/2022 - 10:42Rwanda Mountain Gorilla Rally 2022: Byari agahebuzo mu Bugesera
25/09/2022 - 14:31
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.