Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Abanyeshuri bishimiye impinduka ku masaha yo gutangira amasomo
11/01/2023 - 11:20
Prezida Kagame yakiriye indahiro ya Dr Kalinda François Xavier watorewe kuyobora Sena
10/01/2023 - 20:31
Tito Rutaremara yasabye urubyiruko kubyaza umusaruro amahirwe Igihugu kiruha
7/01/2023 - 17:34
Abanyeshuri batangiye gusubira ku masomo, imihigo ni yose
5/01/2023 - 20:20
Nyamirambo: Byari ibicika mu birori byo kwinjira muri 2023
1/01/2023 - 12:02
Ihere ijisho ibirori byo kurasa umwaka muri Kigali, banatangira 2023
1/01/2023 - 08:43
Ingendo zijya mu Ntara mu minsi mikuru zongeye kugorana
25/12/2022 - 21:30
Ibyo kwitondera muri iyi minsi mikuru
24/12/2022 - 16:41
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.