Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Umuhango w’irahira ry’abagize Guverinoma nshya
2/09/2017 - 08:50
Ijambo rya Perezida Kagame mu muhango wo kurahiza abagize Guverinoma nshya
31/08/2017 - 19:21
Perezida Kagame yashyizeho Minisitiri w’intebe mushya, ahita yakira n’indahiro ye
30/08/2017 - 19:41
Meddy yavuze ko afite umukunzi utuye muri Amerika
30/08/2017 - 19:32
Bimwe mu byaranze umunsi w’Umuganura 2017
27/08/2017 - 22:47
The Ben yatumye abanyacyubahiro bava mu byicaro byabo mu gitaramo "Kwita Izina Gala Dinner"
27/08/2017 - 11:46
Uko byari byifashe mu gitaramo "I Nyanza Twataramye"
27/08/2017 - 10:47
Umuhanzi Meddy yakiranywe urugwiro akigera ku kibuga cy’indege cya Kigali
26/08/2017 - 19:58
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.