Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Lillian Mbabazi yahishuye ibanga rituma indirimbo Nyarwanda zitarenga u Rwanda
14/07/2019 - 10:12
QUEEN CHA yagaragaye mu mabara ya Mukura aririmbira aba Rayons byibazwaho
10/07/2019 - 16:50
Biratangaje: Mugiraneza ufite ubumuga bwo kutabona abasha gukoresha Computer
9/07/2019 - 23:07
Reba udushya twaranze igitaramo cya Muzika cyo #Kwibohora25
9/07/2019 - 22:43
Kagame: Ni biba ngombwa ko bidusaba kongera kurwana, turiteguye!
4/07/2019 - 18:51
#Kwibohora25: RDF Band yaryohereje abaturage mu karasisi kabereye ijisho!
4/07/2019 - 18:34
Kwibohora25: Perezida Kagame yatashye umudugudu w’icyitegererezo wa Karama (Video)
3/07/2019 - 17:39
Perezida Kagame yagarutse ku mateka y’Ingoro y’Inteko ishinga amategeko mu rugamba rwo kubohora u Rwanda (Video)
3/07/2019 - 08:29
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.