Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Perezida Kagame yaganiriye n’abahagarariye abacuruzi muri EAC
18/09/2019 - 11:46
Video:Ikiganiro n’abanyamakuru nyuma y’inama yahuje intumwa z’u Rwanda n’iza Uganda
16/09/2019 - 19:23
Video:Masamba ntajya yumva indirimbo ze iyo ari mu rugo
14/09/2019 - 13:31
Video: Meddy yasobanuye impamvu yakuwe ku rubyiniro atarangije kuririmba mu gitaramo cyo #KwitaIzina
12/09/2019 - 17:37
Scola wiyahuye yashyinguwe ku munsi wo gukumira impamvu zitera kwiyahura
10/09/2019 - 21:48
Ubuhamya bwa musaza wa Scolastique wiyahuye ku igorofa ryo kwa Makuza
10/09/2019 - 20:24
Kigali: Umukobwa wiyahuye yashyinguwe (Ubuhamya bwa Nyirasenge)
10/09/2019 - 20:08
Kigali: Byumvuhore yaryohereje abakunzi b’indirimbo za karahanyuze
10/09/2019 - 19:52
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.