Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Reba akarasisi k’abasoje amasomo ya gisirikare i Gako
17/11/2019 - 20:32
Perezida Kagame yagarutse ku buryohe bw’umwuga w’igisirikare
17/11/2019 - 10:58
Perezida Kagame n’imiryango ya ba General barahiye mu ifoto y’urwibutso
15/11/2019 - 14:05
Muraza kutubona! Kagame aburira abashaka guhungabanya umutekano w’u Rwanda
15/11/2019 - 07:37
Abagore bo muri FPR bagiye gushoza intambara ku basambanya abana
11/11/2019 - 08:16
Ijambo rya Jeannette Kagame mu nama nkuru y’urugaga rw’abagore muri FPR-Inkotanyi
10/11/2019 - 18:27
Icyo Kagame avuga ku kuboneza urubyaro ku bana b’imyaka 15
9/11/2019 - 14:08
Ni we munyarwandakazi wa mbere wize kubaga ubwonko
8/11/2019 - 14:49
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.