Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
#COVID19: Abanze gukurikiza amabwiriza ajyanye no gusenga ni inyeshyamba, bazahanwa nk’abanzi b’igihugu
24/03/2020 - 19:23
Abatuye "Bannyahe" batangiye kwimurwa. Barahabwa Rwf90,000!
22/03/2020 - 08:57
Baraye bahaha nyuma y’itangazo rifunga amasoko kubera COVID-19
22/03/2020 - 08:51
Itondere agapfukamunwa katagusigira izindi ndwara wibwira ko kari kukurinda Coronavirus
18/03/2020 - 18:41
Casques z’abagenzi kuri moto zakuweho ibirahure: Abamotari bahagurukiye Coronavirus
18/03/2020 - 00:52
Coronavirus: Amashuri mu Rwanda yafunze! Abanyeshuri bafashijwe gutaha (Video)
15/03/2020 - 21:00
Rayon Sports yanganyije na Gicumbi FC 1-1 ku kibuga cyambaye ubusa (Video)
15/03/2020 - 18:53
Abatuye muri ‘Bannyahe’ batangiye kwimurwa
14/03/2020 - 16:59
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.