Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Abarimo abageni batawe muri yombi bazira guhimba ibisubizo bya COVID-19
21/08/2021 - 09:44
Abatwara ibinyabiziga barasabwa kwitwararika kuko camera z’umuvuduko ziri maso
21/08/2021 - 09:30
Uruhare rw’abakorerabushake mu kurwanya COVID-19 ni ntagereranywa
21/08/2021 - 09:17
Gukoresha mubazi ku bamotari ni inyungu za nde?
18/08/2021 - 21:51
Agakiriro ka Gisozi kongeye gushya, hatikiriramo ibifite agaciro ka Miliyoni 500 Rwf
17/08/2021 - 17:40
Batawe muri yombi bazira gutwara ibinyabiziga banyoye inzoga
16/08/2021 - 22:02
Niyomugabo Philemon wakunzwe mu ndirimbo ‘Zirikana’ ni muntu ki?
16/08/2021 - 00:07
Bisaba iki kugira Umudugudu utagira icyaha? RIB ikomeje ubukangurambaga hirya no hino
15/08/2021 - 22:56
Ubwo buryo bwizwe nabi. Ariko ugarutse ugasuzuma uko byizwe byizwe bashingiye kumatwara ya CAPITALISME :yo ntirebe inyungu z’abaturage, ireba inyungu z’abayobozi.
RURA se yashyiriweho iki, ni ku inyungu z’abaturage cyangwa se hari izindi zihishe inyuma. Mwabonye aho inyungu rusange zigurishwa umuntu umwe udashoboye ngo azibyaze umusaruro. Inyungu rusange ziri mu mwenda uziyurwa n’ubuvivi n’ubuvivure! Ntaho jye nabibonye.
Murakorera nabi abanyarwanda mu babeshya ngo murazana iterambere (mukabeshya MUZEHE WACU mu KAMUTUKISHA). Nagire vuba abahindurire imirimo nkuko asanzwe abikorera abandi.
Iterambere se muri transport ni kujya ku mirongo utegereje imodoga. Biteye isoni. Mutabare abaturage bagagariye ku mihanda bategereje abaguze imihanda.
Nibyo kabisa igihe cyari kigeze ngo ikibazo cyo gutwara abagenzi gikemuke.
thanx to kgltoday gukomeza kutugezaho amakuru asobanutse,mubinyujije muri videos