Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Umva ibyo Prince Kid yatangaje agisohoka muri gereza
2/12/2022 - 21:58
Dr. Sabin Nsanzimana yatangiye imirimo nka Minisitiri w’Ubuzima
2/12/2022 - 12:18
Nanjye nshyigikiye ko inkwano ivaho - Pastor Antoine Rutayisire
22/11/2022 - 06:28
Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente yasabye ko gutanga EBM iba umuco
22/11/2022 - 06:19
Urubyiruko rwo muri Kigali rwateye ibiti 5000 mu muganda udasanzwe
22/11/2022 - 06:10
Ibyaranze Cadet Pass-Out ubwo 568 bahabwaga ipeti rya 2nd Lieutenant
7/11/2022 - 21:28
Irebere Akarasisi ka RDF kabereye ijisho
7/11/2022 - 20:02
Art Rwanda-Ubuhanzi: Uko gutoranya abazahatana ku rwego rw’Igihugu byagenze
5/11/2022 - 15:57
Ubwo buryo bwizwe nabi. Ariko ugarutse ugasuzuma uko byizwe byizwe bashingiye kumatwara ya CAPITALISME :yo ntirebe inyungu z’abaturage, ireba inyungu z’abayobozi.
RURA se yashyiriweho iki, ni ku inyungu z’abaturage cyangwa se hari izindi zihishe inyuma. Mwabonye aho inyungu rusange zigurishwa umuntu umwe udashoboye ngo azibyaze umusaruro. Inyungu rusange ziri mu mwenda uziyurwa n’ubuvivi n’ubuvivure! Ntaho jye nabibonye.
Murakorera nabi abanyarwanda mu babeshya ngo murazana iterambere (mukabeshya MUZEHE WACU mu KAMUTUKISHA). Nagire vuba abahindurire imirimo nkuko asanzwe abikorera abandi.
Iterambere se muri transport ni kujya ku mirongo utegereje imodoga. Biteye isoni. Mutabare abaturage bagagariye ku mihanda bategereje abaguze imihanda.
Nibyo kabisa igihe cyari kigeze ngo ikibazo cyo gutwara abagenzi gikemuke.
thanx to kgltoday gukomeza kutugezaho amakuru asobanutse,mubinyujije muri videos