Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Ubutumwa Dr. Zainab yahawe akiri muto na First Lady bukamuhindurira ubuzima
23/03/2024 - 08:24
Madamu Jeannette Kagame yahembye Inkubito z’Icyeza
23/03/2024 - 08:19
FULL MATCH: APR BBC VS PATRIOTS BBC muri Shampiyona ya Basketball
23/03/2024 - 00:06
Kagame urges cabinet members: Prioritize citizens with inner fire
22/03/2024 - 23:52
Gakondo Body Workout: Umuvuno mushya mu kumenyekanisha imbyino Nyarwanda
22/03/2024 - 23:43
Bakoze imishinga irenga 100 mu bijyanye na AI ndetse na Robotics: Ni ibihe bibazo ije gukemura?
22/03/2024 - 23:33
Umusizi Rumaga : Umugore si umuntu
22/03/2024 - 23:18
Tujyane mu Busanza aho Permis igiye kujya ikorerwa hifashishijwe ikoranabuhanga
14/03/2024 - 15:15
Ubwo buryo bwizwe nabi. Ariko ugarutse ugasuzuma uko byizwe byizwe bashingiye kumatwara ya CAPITALISME :yo ntirebe inyungu z’abaturage, ireba inyungu z’abayobozi.
RURA se yashyiriweho iki, ni ku inyungu z’abaturage cyangwa se hari izindi zihishe inyuma. Mwabonye aho inyungu rusange zigurishwa umuntu umwe udashoboye ngo azibyaze umusaruro. Inyungu rusange ziri mu mwenda uziyurwa n’ubuvivi n’ubuvivure! Ntaho jye nabibonye.
Murakorera nabi abanyarwanda mu babeshya ngo murazana iterambere (mukabeshya MUZEHE WACU mu KAMUTUKISHA). Nagire vuba abahindurire imirimo nkuko asanzwe abikorera abandi.
Iterambere se muri transport ni kujya ku mirongo utegereje imodoga. Biteye isoni. Mutabare abaturage bagagariye ku mihanda bategereje abaguze imihanda.
Nibyo kabisa igihe cyari kigeze ngo ikibazo cyo gutwara abagenzi gikemuke.
thanx to kgltoday gukomeza kutugezaho amakuru asobanutse,mubinyujije muri videos