Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Minisitiri w’Intebe yashyize umucyo ku izamurwa ry’umusanzu wa Pansiyo, Amanegeka n’Ibindi #NST2
7/12/2024 - 07:06
Bakiriye bate gushyirwa kw’Intore z’u Rwanda mu murage w’Isi ?
6/12/2024 - 03:45
Umuyobozi wa RSSB yasobanuye impamvu zo gukuba kabiri umusanzu wa Pansiyo
6/12/2024 - 03:35
Minisiteri y’Abakozi na MINECOFIN binjiye mu kibazo cya RSSB cyo kuzamura amafaranga ya Pansiyo
6/12/2024 - 03:30
Asize yujuje Hoteli i Gicumbi : Ubuhamya mu gushyingura Nyirandama Chantal
29/11/2024 - 15:11
Chairman wa RPF-Inkotanyi yihanganishije umuryango wa Nyirandama, mu butumwa bwasomwe na Gasamagera
28/11/2024 - 13:32
Africa has everything to be where we want to be - Kagame addresses #YouthConnektAfrica24
8/11/2024 - 20:47
Ubucuruzi bw’i Kigali mu gicuku
4/11/2024 - 14:23
Ubwo buryo bwizwe nabi. Ariko ugarutse ugasuzuma uko byizwe byizwe bashingiye kumatwara ya CAPITALISME :yo ntirebe inyungu z’abaturage, ireba inyungu z’abayobozi.
RURA se yashyiriweho iki, ni ku inyungu z’abaturage cyangwa se hari izindi zihishe inyuma. Mwabonye aho inyungu rusange zigurishwa umuntu umwe udashoboye ngo azibyaze umusaruro. Inyungu rusange ziri mu mwenda uziyurwa n’ubuvivi n’ubuvivure! Ntaho jye nabibonye.
Murakorera nabi abanyarwanda mu babeshya ngo murazana iterambere (mukabeshya MUZEHE WACU mu KAMUTUKISHA). Nagire vuba abahindurire imirimo nkuko asanzwe abikorera abandi.
Iterambere se muri transport ni kujya ku mirongo utegereje imodoga. Biteye isoni. Mutabare abaturage bagagariye ku mihanda bategereje abaguze imihanda.
Nibyo kabisa igihe cyari kigeze ngo ikibazo cyo gutwara abagenzi gikemuke.
thanx to kgltoday gukomeza kutugezaho amakuru asobanutse,mubinyujije muri videos