Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Abafana bashimiye Haringingo, bamunenga kudakurikirana Abedi : Ubutumwa kuri APR FC
10/05/2026 - 15:18
Camarade yavuze ku birarane by’imishara muri Bugesera FC : Uyu mwaka waratuvunnye mu kwitegura Shampiyona
10/05/2026 - 14:55Iziheruka
Subiza utsindire ibihembo Launch
18/12/2014 - 18:17
Right Guards yatwaye igikombe mu mukino wa Cricket
3/12/2014 - 16:27
Uburyo Anita Pendo afatanya imyuga itatu!
20/08/2014 - 15:22
Ishuri rya Rubengera mu guteza imbere ubumenyi mu ikoranabuhanga ry’igiti
5/08/2014 - 14:34
Mu gitaramo cya Nyagatare, abahanzi bahatanira Guma Guma berekanye ubumwe buri hagati yabo
18/06/2014 - 11:21
Uburyo igitaramo cya Guma Guma cyagenze mu Karere ka Gicumbi
11/06/2014 - 11:07
Ikigo cya WDA mu gushakira umuti ikibazo cya service zitanoze mu ma Hotel
4/06/2014 - 13:19
Mu Rwanda havumbuwe ikoranabuhanga ryo kwatsa no kuzimya imodoka ukoresheje telephone!
30/05/2014 - 10:11
Ubwo buryo bwizwe nabi. Ariko ugarutse ugasuzuma uko byizwe byizwe bashingiye kumatwara ya CAPITALISME :yo ntirebe inyungu z’abaturage, ireba inyungu z’abayobozi.
RURA se yashyiriweho iki, ni ku inyungu z’abaturage cyangwa se hari izindi zihishe inyuma. Mwabonye aho inyungu rusange zigurishwa umuntu umwe udashoboye ngo azibyaze umusaruro. Inyungu rusange ziri mu mwenda uziyurwa n’ubuvivi n’ubuvivure! Ntaho jye nabibonye.
Murakorera nabi abanyarwanda mu babeshya ngo murazana iterambere (mukabeshya MUZEHE WACU mu KAMUTUKISHA). Nagire vuba abahindurire imirimo nkuko asanzwe abikorera abandi.
Iterambere se muri transport ni kujya ku mirongo utegereje imodoga. Biteye isoni. Mutabare abaturage bagagariye ku mihanda bategereje abaguze imihanda.
Nibyo kabisa igihe cyari kigeze ngo ikibazo cyo gutwara abagenzi gikemuke.
thanx to kgltoday gukomeza kutugezaho amakuru asobanutse,mubinyujije muri videos