Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Abafana bashimiye Haringingo, bamunenga kudakurikirana Abedi : Ubutumwa kuri APR FC
10/05/2026 - 15:18
Camarade yavuze ku birarane by’imishara muri Bugesera FC : Uyu mwaka waratuvunnye mu kwitegura Shampiyona
10/05/2026 - 14:55Iziheruka
Mukarubuga ateruye ubuvivi bwe nyuma yo kurokoka Jenoside mu buryo bugoye - Ubuhamya
18/04/2025 - 15:17
Uko Abanyabugeni n’Abanyabukorikori bakora ibihangano bisigasira amateka ya Jenoside
17/04/2025 - 12:11
Urwibutso rwa Sina Gerard kuri Alain Mukuralinda wasezeweho bwa nyuma
11/04/2025 - 10:27
Uko Ababiligi batereranye abarimo impinja Interahamwe zikabica - Ubuhamya bwa Mukayiranga
11/04/2025 - 10:13
Jabana: Imibiri yimuwe mu ngo ishyingurwa mu rwibutso rwa Jenoside
10/04/2025 - 10:55
#Kwibuka31: Abamburira ngo mvuga ukuri kukabakorogoshora, baziyahure - Perezida Kagame
8/04/2025 - 14:31
#Kibuka31: "Twari twarakiriye gupfa habura umunsi gusa" - Ubuhamya bwa Liliane warokokeye I Ntarama
8/04/2025 - 14:18
Bugesera: Mu birombe bya gasegereti haracyari imibiri y’abishwe muri Jenoside
6/04/2025 - 19:36
Ubwo buryo bwizwe nabi. Ariko ugarutse ugasuzuma uko byizwe byizwe bashingiye kumatwara ya CAPITALISME :yo ntirebe inyungu z’abaturage, ireba inyungu z’abayobozi.
RURA se yashyiriweho iki, ni ku inyungu z’abaturage cyangwa se hari izindi zihishe inyuma. Mwabonye aho inyungu rusange zigurishwa umuntu umwe udashoboye ngo azibyaze umusaruro. Inyungu rusange ziri mu mwenda uziyurwa n’ubuvivi n’ubuvivure! Ntaho jye nabibonye.
Murakorera nabi abanyarwanda mu babeshya ngo murazana iterambere (mukabeshya MUZEHE WACU mu KAMUTUKISHA). Nagire vuba abahindurire imirimo nkuko asanzwe abikorera abandi.
Iterambere se muri transport ni kujya ku mirongo utegereje imodoga. Biteye isoni. Mutabare abaturage bagagariye ku mihanda bategereje abaguze imihanda.
Nibyo kabisa igihe cyari kigeze ngo ikibazo cyo gutwara abagenzi gikemuke.
thanx to kgltoday gukomeza kutugezaho amakuru asobanutse,mubinyujije muri videos