Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Imbyino n’imivugo byasusurukije inama ya NEF 2018
26/03/2018 - 17:00
Haracyagaragara ubusumbane hagati y’abagore n’abagabo mu bya siyansi ku Isi hose - Perezida Kagame
26/03/2018 - 15:39
Ibihe by’ingenzi byaranze Rwanda Cycling Cup 2018 Kigali - Huye
26/03/2018 - 08:48
Diamond Platnumz ni umuntu w’ikitegererezo - Harmonize
23/03/2018 - 12:35
GIZ yahaye WDA ibitabo bishya bizafasha abiga imyuga
15/03/2018 - 11:11
Ihere ijisho urujya n’uruza rw’imodoka ku muhanda mushya wa Kigali Convention Centre
14/03/2018 - 09:18
Kigali Today Ltd yizihije umunsi mpuzamahanga w’abagore
8/03/2018 - 13:29
Imbuto Foundation yatangiye kongerera ubushobozi abakobwa bifuza gukora itangazamakuru
8/03/2018 - 09:01
Ubwo buryo bwizwe nabi. Ariko ugarutse ugasuzuma uko byizwe byizwe bashingiye kumatwara ya CAPITALISME :yo ntirebe inyungu z’abaturage, ireba inyungu z’abayobozi.
RURA se yashyiriweho iki, ni ku inyungu z’abaturage cyangwa se hari izindi zihishe inyuma. Mwabonye aho inyungu rusange zigurishwa umuntu umwe udashoboye ngo azibyaze umusaruro. Inyungu rusange ziri mu mwenda uziyurwa n’ubuvivi n’ubuvivure! Ntaho jye nabibonye.
Murakorera nabi abanyarwanda mu babeshya ngo murazana iterambere (mukabeshya MUZEHE WACU mu KAMUTUKISHA). Nagire vuba abahindurire imirimo nkuko asanzwe abikorera abandi.
Iterambere se muri transport ni kujya ku mirongo utegereje imodoga. Biteye isoni. Mutabare abaturage bagagariye ku mihanda bategereje abaguze imihanda.
Nibyo kabisa igihe cyari kigeze ngo ikibazo cyo gutwara abagenzi gikemuke.
thanx to kgltoday gukomeza kutugezaho amakuru asobanutse,mubinyujije muri videos