Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
’Ntabwo nkeneye porotokore’: Perezida Kagame
10/07/2018 - 09:11
Impanuro za Perezida Kagame kuri 70 bazahagararira FPR mu matora y’abadepite
9/07/2018 - 08:49
Perezida Kagame yafunguye igice cyahariwe ubucuruzi mpuzamahanga muri Djibouti
6/07/2018 - 08:48
Perezida Kagame na Madamu batashye umudugudu wa Horezo
5/07/2018 - 08:46
Perezida Kagame yifatanije n’abaturage bo mu Karere ka Muhanga mu kwizihiza umunsi wo kwibohora
5/07/2018 - 08:37
Imfura za Rwanda Polytechnic zahawe impamyabushobozi
29/06/2018 - 08:41
Polisi y’u Rwanda yohereje abapolisi biganjemo abagore mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo
28/06/2018 - 08:20
U Rwanda rwamuritse ku mugaragaro uruganda ruteranya imodoka
27/06/2018 - 17:26
Ubwo buryo bwizwe nabi. Ariko ugarutse ugasuzuma uko byizwe byizwe bashingiye kumatwara ya CAPITALISME :yo ntirebe inyungu z’abaturage, ireba inyungu z’abayobozi.
RURA se yashyiriweho iki, ni ku inyungu z’abaturage cyangwa se hari izindi zihishe inyuma. Mwabonye aho inyungu rusange zigurishwa umuntu umwe udashoboye ngo azibyaze umusaruro. Inyungu rusange ziri mu mwenda uziyurwa n’ubuvivi n’ubuvivure! Ntaho jye nabibonye.
Murakorera nabi abanyarwanda mu babeshya ngo murazana iterambere (mukabeshya MUZEHE WACU mu KAMUTUKISHA). Nagire vuba abahindurire imirimo nkuko asanzwe abikorera abandi.
Iterambere se muri transport ni kujya ku mirongo utegereje imodoga. Biteye isoni. Mutabare abaturage bagagariye ku mihanda bategereje abaguze imihanda.
Nibyo kabisa igihe cyari kigeze ngo ikibazo cyo gutwara abagenzi gikemuke.
thanx to kgltoday gukomeza kutugezaho amakuru asobanutse,mubinyujije muri videos