Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Abafana bashimiye Haringingo, bamunenga kudakurikirana Abedi : Ubutumwa kuri APR FC
10/05/2026 - 15:18
Camarade yavuze ku birarane by’imishara muri Bugesera FC : Uyu mwaka waratuvunnye mu kwitegura Shampiyona
10/05/2026 - 14:55Iziheruka
U Rwanda rwashyikirijwe ubuyobozi bwa EAPCCO bwari bufitwe n’u Burundi
30/01/2025 - 15:09
Abacanshuro barwaniraga muri Congo biruhukije bageze mu Rwanda
29/01/2025 - 15:12
Impunzi zirimo n’abacanshuro barwaniraga muri Congo zikomeje kuza mu Rwanda
29/01/2025 - 15:00
Baratatse M23 irabumva: Operation yo kubohoza abashoferi b’Abanyamahanga i Goma
29/01/2025 - 13:24
RwandAir na RBC: Dore amashoti n’amacenga byaranze umukino wahuje ibi bigo
27/01/2025 - 15:17
Intwari z’i Nyange zanze kwitandukanya: Ibyababayeho mu ijoro ry’icuraburindi
24/01/2025 - 18:51
Abadozi bo mu Rwanda biyemeje kwibagiza abantu burundu Caguwa
24/01/2025 - 18:35
Sadate yahishuye inkomoko y’ubutunzi bwe, menya igisobanuro cy’ubukire
24/01/2025 - 18:20
amakuru meza adateza ikibazo niyo abanyarwanda dukeneye murakoze
karisa ndagushimiye cyane natwe abandika tujye twihesha agciro twiyubahe
cyakoza uyu mukobwa ndabona anemenyereye interview kandi arasubiza neza. abafata gufungwa kwe rero nkaho ari igisebo baribeshya iriya nzu buri gihe iba itegereje kandi yakirwa buri umwe wese itarobanuye uwow ariwe
njye nsoma buri munsi ibinyamakuru byo mu Rwanda nta munsi ngomba gutangira akazi ntasomye .Igihe,Umuseke,Kigali today,Umuryango,Imirasire,Inyarwanda nibindi...
icyo mbona akenshi nuko hakirimo abantu bahuzagurika mw’itangaza-makuru cyangwa bashaka gusimbuka cyane bakigereranya na byabitangazamakuru byo hanze
kubeshya, gusebanya,guhimba inyandiko kudashishoza mu nkuru ugiye guha abasomyi nibyo byuzuye muri bimwe muri online magazine
ushobora kubwira gute ko umunyamakuru uyemera guhitisha ifoto y’umuntu azi yambaye uusa kuberako umusore runaka bakundanaga guhitisha inkuru nkiriya ya teta, nizindi nkazo
biba bibabajebasoma cyangwa bareba Tv nka TMZ na E ntaho duhriye mu myumvire ndetse n’imikorere kubigana kandi uziko indangagaciro z’abanyrwanda ntaho zihuriye n’imva-mahanga uba utandukiriye.
mumbabarire ntawe ntunze arutoki gusa benshi bariyizi
bagombye kwisubiraho amazi atararenga inkombe
sinabura gushima ariko KIGALI TODAY kumakuru meza cyane cyane ayerekeye Igihugu cyacu no kugera cyane mu turere twose tw’igihugu badushakira akuru mpamo ibyo nibyo tuba dukeneye kuko bitwereka neza amakuru yo mu mirenge nabandi bajye babareberaho bagire umwuga nyamwugaga koko apana kuba ba plagiarism.