Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Rayon Sports ifite ideni rya miliyoni Rwf800, kuri konti hari Rwf200,000 gusa
23/09/2020 - 13:13
Siporo rusange ya mbere yabaye hubahirizwa amabwiriza yo kwirinda Covid-19
20/09/2020 - 15:22
Ubu mu Rwanda umugore ashobora gutwitira mugenzi we
19/09/2020 - 18:32
Rusesabagina muri gereza: Urukiko rwategetse ko afungwa iminsi 30 y’agateganyo
18/09/2020 - 11:58
Rusesabagina mu rukiko. Uko urubanza ku ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo rwagenze
15/09/2020 - 09:20
Video: Byagenze bite ngo havugwe ko Dr Mukwege yatewe ubwoba na Gen Kabarebe?
10/09/2020 - 13:21
Umwali Fanny: Rudatsimburwa yari yarantwaye uruhu n’uruhande, uko twakundanye biratangaje
8/09/2020 - 21:27
Abarokotse ibitero bya FLN barifuza ko Rusesabagina yajyanwa aho byabereye
8/09/2020 - 20:49
amakuru meza adateza ikibazo niyo abanyarwanda dukeneye murakoze
karisa ndagushimiye cyane natwe abandika tujye twihesha agciro twiyubahe
cyakoza uyu mukobwa ndabona anemenyereye interview kandi arasubiza neza. abafata gufungwa kwe rero nkaho ari igisebo baribeshya iriya nzu buri gihe iba itegereje kandi yakirwa buri umwe wese itarobanuye uwow ariwe
njye nsoma buri munsi ibinyamakuru byo mu Rwanda nta munsi ngomba gutangira akazi ntasomye .Igihe,Umuseke,Kigali today,Umuryango,Imirasire,Inyarwanda nibindi...
icyo mbona akenshi nuko hakirimo abantu bahuzagurika mw’itangaza-makuru cyangwa bashaka gusimbuka cyane bakigereranya na byabitangazamakuru byo hanze
kubeshya, gusebanya,guhimba inyandiko kudashishoza mu nkuru ugiye guha abasomyi nibyo byuzuye muri bimwe muri online magazine
ushobora kubwira gute ko umunyamakuru uyemera guhitisha ifoto y’umuntu azi yambaye uusa kuberako umusore runaka bakundanaga guhitisha inkuru nkiriya ya teta, nizindi nkazo
biba bibabajebasoma cyangwa bareba Tv nka TMZ na E ntaho duhriye mu myumvire ndetse n’imikorere kubigana kandi uziko indangagaciro z’abanyrwanda ntaho zihuriye n’imva-mahanga uba utandukiriye.
mumbabarire ntawe ntunze arutoki gusa benshi bariyizi
bagombye kwisubiraho amazi atararenga inkombe
sinabura gushima ariko KIGALI TODAY kumakuru meza cyane cyane ayerekeye Igihugu cyacu no kugera cyane mu turere twose tw’igihugu badushakira akuru mpamo ibyo nibyo tuba dukeneye kuko bitwereka neza amakuru yo mu mirenge nabandi bajye babareberaho bagire umwuga nyamwugaga koko apana kuba ba plagiarism.