Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
17th Graduation Ceremony of INES Ruhengeri: 1,479 Graduates receive Bachelors and Masters Degrees
1/11/2025 - 11:45
Abahoze muri FDLR basoje amasomo, basubizwa mu buzima busanzwe
31/10/2025 - 07:25
Volleyball: Police yihimuriye kuri REG iyitsinda amaseti 3-1
8/11/2025 - 10:42Iziheruka
Bwa mbere mu mateka, Dream Boyz yamuritse Album mu gitaramo kiri LIVE
12/11/2012 - 20:34EXPO y’imyuga, urubuga rwo kwerekana iterambere ry’ubumenyingiro mu Rwanda
9/11/2012 - 12:49Afite ubushobozi bwo kwigana uburyo inyamaswa n’inyoni zivuga!
6/11/2012 - 13:18KANYOMBYA yakoze ubukwe! Reba udushya twagaragayemo.
26/10/2012 - 07:42
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo