Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Ntimuzakubite ibituro byacu inkoni, umusingi mwarawubonye - Gen(Rtd) Ibingira ahanura urubyiruko
8/11/2025 - 22:24
Africa Day of Information: Development Journalism Award 2025
8/11/2025 - 14:02
Volleyball: Police yihimuriye kuri REG iyitsinda amaseti 3-1
8/11/2025 - 10:42Iziheruka
Imyambarire idasanzwe niyo yaranze igitaramo cya Industry Night
30/05/2016 - 11:03
Ibyaranze urugendo, no kugirana igihango n’imiryango yazimye
25/05/2016 - 12:05
Yvan Buravan arifuza kuba umuhanzi nyarwanda ufite umwimerere mu kuririmba
20/05/2016 - 17:26
Perezida Kagame yakemuye ibibazo by’abaturage ubwo yasuraga Karongi
19/05/2016 - 17:36
Perezida Kagame yafunguye ku mugaragaro umushinga wa KivuWatt
18/05/2016 - 16:29
Umunyarwanda Eric Dusingizimana yakoze amateka atarakorwa n’undi wese ku isi
18/05/2016 - 11:23
Rayon Sport yongeye kwerekana isomo rya ruhago itsinda bugesera 4-0
12/05/2016 - 11:06
Oda Paccy arizeza amashusho adasanzwe y’indirimbo ye nshya "Igitego"
10/05/2016 - 14:44
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo